Nuacht

CEEAC igizwe n’ibihugu birimo Angola, Congo, RDC, Cameroun, Gabon, Tchad, Guinée équatoriale, Centrafrique, u Rwanda, u ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko muri Nzeri 2025, imirimo yo kwagura no kuvugurura Ishuri Nderabarezi rya Muramba [TTC Muramba] izaba irangiye, ikazatwara asaga miliyari 1,5 Frw.
Abanya-Kenya bandikiye amateka mu irushanwa rya Kigali International Peace Marathon ryo mu 2025, nyuma yo guhigika abo bari bahanganye mu byiciro bitandukanye byo gusiganwa ku maguru. Iri rushanwa ...
Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yatangaje ko igiye kongera umubare w'amashuri yakira abanyeshuri biga bakora kubera ko aho byageragejwe byatanze umusaruro mwiza. Ni muri gahunda yiswe ‘Dual TVET’ ...
Mayanja wahawe inshingano zo gusubiza Sunrise FC mu Cyiciro cya Mbere yaje kongerwa amasezerano y'imyaka ibiri taliki ya 15 ...
Ikipe y'Igihugu ya Algeria yatsinze Amavubi y'u Rwanda ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Chahid Hamlaoui ...
Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati ya 2015 na 2021 yitabye Imana ku myaka 68, Inkuru yo gutabaruka kwa Lungu yamenyekanye kuri uyu wa Kane, tariki ya 5 Kamena 2025. Yaguye muri Afurika ...
U Rwanda rugiye gutangira kubona inyungu yiyongera kuyari isanzwe iboneka mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro, nyuma y’uko ibiciro bya Tungsten (Wolfram) bitangiye kuzamuka ku isoko mpuzamahanga. Igiciro ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
Minisiteri y’Ubuzima iravuga ko kuva mu umwaka utaha, izakuba 2 umubare w’abigaga igiforomo ku rwego rw’amashuri yisumbuye. Ibi yabitanganye nyuma y'uko ikoze isesengura igasanga kuva imyaka 2 ishize, ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye ko icuruzwa ry’abantu cyangwa abantu basigaye bajya gucuruzwa atari abatarize gusa ahubwo bisigaye bikorerwa ku bantu bize, bajijutse kandi ...