News

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
U Rwanda rwakiriye inkura 70 zavanywe muri Afurika y’Epfo, aho zaje mu byiciro bibiri zigahita zijyanwa muri Pariki y’Igihugu y’Akagera mu Ntara y’Iburasirazuba. Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, ...
Muri ibi birori byo gutanga ibihembo ku bahanzi bitwaye neza, abahanzi nka Lil Wayne, Teyana Taylor, GloRilla, Playboi Carti, ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Inama y'Abaminisitiri yaganiriye ku cyemezo cy'u Rwanda cyo ku wa 7 Kamena 2025, cyo kuva mu Muryango w'Ubukungu w'lbihugu byo muri Afurika yo Hagati (ECCAS).
Abanyeshuri bavuka ku Kirwa cya Nkombo mu Karere ka Rusizi, ahasanzwe havugwa ururimi-shami rw’Amahavu, bishimira intambwe bamaze gutera mu kuvuga no kwandika neza Ikinyarwanda babifashijwemo ...
Hari abaturage bibumbiye mu bimina bavuga ko batarasobanukirwa akamaro ko kubyandikisha bitewe n’uko mu gihe bamaze babibamo nta kibazo bigeze bahura nacyo. Ku rundi ruhande ariko, inzobere mu bukungu ...
Mayanja wahawe inshingano zo gusubiza Sunrise FC mu Cyiciro cya Mbere yaje kongerwa amasezerano y'imyaka ibiri taliki ya 15 ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko muri Nzeri 2025, imirimo yo kwagura no kuvugurura Ishuri Nderabarezi rya Muramba [TTC Muramba] izaba irangiye, ikazatwara asaga miliyari 1,5 Frw.
Abanya-Kenya bandikiye amateka mu irushanwa rya Kigali International Peace Marathon ryo mu 2025, nyuma yo guhigika abo bari bahanganye mu byiciro bitandukanye byo gusiganwa ku maguru. Iri rushanwa ...
Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yatangaje ko igiye kongera umubare w'amashuri yakira abanyeshuri biga bakora kubera ko aho byageragejwe byatanze umusaruro mwiza. Ni muri gahunda yiswe ‘Dual TVET’ ...
Abanyarwanda batuye muri Finland n’inshuti zabo bafatanyije mu gikorwa cyo gutaha Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwabaye n’urwa mbere rwubatswe mu Majyaruguru y’u Burayi. Perezida ...
Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati ya 2015 na 2021 yitabye Imana ku myaka 68, Inkuru yo gutabaruka kwa Lungu yamenyekanye kuri uyu wa Kane, tariki ya 5 Kamena 2025. Yaguye muri Afurika ...