خبریں
CEEAC igizwe n’ibihugu birimo Angola, Congo, RDC, Cameroun, Gabon, Tchad, Guinée équatoriale, Centrafrique, u Rwanda, u ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko muri Nzeri 2025, imirimo yo kwagura no kuvugurura Ishuri Nderabarezi rya Muramba [TTC Muramba] izaba irangiye, ikazatwara asaga miliyari 1,5 Frw.
Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yatangaje ko igiye kongera umubare w'amashuri yakira abanyeshuri biga bakora kubera ko aho byageragejwe byatanze umusaruro mwiza. Ni muri gahunda yiswe ‘Dual TVET’ ...
Mayanja wahawe inshingano zo gusubiza Sunrise FC mu Cyiciro cya Mbere yaje kongerwa amasezerano y'imyaka ibiri taliki ya 15 ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Ikipe y'Igihugu ya Algeria yatsinze Amavubi y'u Rwanda ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Chahid Hamlaoui ...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yasabye abagera ku 4562 basoje amasomo mu Ishuri ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Ibihugu by’u Rwanda na Algeria byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye, azarushaho gukomeza umubano mwiza usanzwe hagati y’ibihugu mbyombi. Ni mu ruzinduko rw’akazi Perezida Kagame ...
Inkuru y'uko uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yageze mu bice bigenzurwa n'Umutwe wa M23, ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
بعض نتائج کو اس وجہ سے چھپا دیا گیا ہے کیونکہ ممکن ہے آپ کو ان تک رسائی حاصل نہ ہو۔
ناقابل رسائی نتائج دکھائیں۔