ਖ਼ਬਰਾਂ

CEEAC igizwe n’ibihugu birimo Angola, Congo, RDC, Cameroun, Gabon, Tchad, Guinée équatoriale, Centrafrique, u Rwanda, u ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko muri Nzeri 2025, imirimo yo kwagura no kuvugurura Ishuri Nderabarezi rya Muramba [TTC Muramba] izaba irangiye, ikazatwara asaga miliyari 1,5 Frw.
Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yatangaje ko igiye kongera umubare w'amashuri yakira abanyeshuri biga bakora kubera ko aho byageragejwe byatanze umusaruro mwiza. Ni muri gahunda yiswe ‘Dual TVET’ ...
Mayanja wahawe inshingano zo gusubiza Sunrise FC mu Cyiciro cya Mbere yaje kongerwa amasezerano y'imyaka ibiri taliki ya 15 ...
Ikipe y'Igihugu ya Algeria yatsinze Amavubi y'u Rwanda ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Chahid Hamlaoui ...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yasabye abagera ku 4562 basoje amasomo mu Ishuri ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, ...
Abanyarwanda batuye muri Finland n’inshuti zabo bafatanyije mu gikorwa cyo gutaha Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwabaye n’urwa mbere rwubatswe mu Majyaruguru y’u Burayi. Perezida ...
Ibihugu by’u Rwanda na Algeria byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye, azarushaho gukomeza umubano mwiza usanzwe hagati y’ibihugu mbyombi. Ni mu ruzinduko rw’akazi Perezida Kagame ...
Inkuru y'uko uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yageze mu bice bigenzurwa n'Umutwe wa M23, ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
Minisiteri y’Ubuzima iravuga ko kuva mu umwaka utaha, izakuba 2 umubare w’abigaga igiforomo ku rwego rw’amashuri yisumbuye. Ibi yabitanganye nyuma y'uko ikoze isesengura igasanga kuva imyaka 2 ishize, ...
Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati ya 2015 na 2021 yitabye Imana ku myaka 68, Inkuru yo gutabaruka kwa Lungu yamenyekanye kuri uyu wa Kane, tariki ya 5 Kamena 2025. Yaguye muri Afurika ...